Utilisateur:MUHIRWA OLIVIER

Une page de Wikipédia, l'encyclopédie libre.

Olivier Muhirwa,yavutse ku wambere tariki ya 21 Nyakanga 1986,avukira ahitwaga Perefegitura ya Gitarama Muri Komini Nyamabuye,segiteri Mbuye,serile Nyakarekare. Ubu ni Mu Ntara y’Amajyepfo Akarere ka Ruhango,Umurenge wa Mbuye Akagari ka Nyaharekare. SeUmubyara yitwaga Rwicaninyoni Froduard,yaje kwitaba Imana muri jenocide yakorewe Abatutsi mu mwaka 1994 akaba yari umwarimu.

Nyina umubyara yitwa Mukangarambe Julie nawe akaba ari umwarimu.Olivier NI Umwana wa gatatu mu muryango w’iwabo ugizwe n’abahungu ba biri we na mukuruwe Audace Mwizerwa akaba ari bawe mfura yo mu muryango wabo, afite kandi abavukanyi b’abakobwa bane arimo : Mukundwa Olive akaba arinawe akuriira,akaurikirwa kandi na Munezero Odile,Mizero Alice,ndetse Na Nyishimire Euphrasie akaba ari nawe bucura bwo mu muryangowe.

Mu bwana bwe Olivie Muhirwa yakundaga cyane gukubagana nk’uko abamureze babitangaza,akaba kand yari umwa wagaragazaga ko afite igikuriro. Ku myaka itandatu nibwo Olivier Muhirwa,yatangiye kwiga amashuri abanza,akaba atarigeze yiga amashuri y’incuke,kuko muri icyo gihe nta shuri ry’inshuke ryabaga hafi y’aho ababyeyi be bari batuye. Mugutangira umwaka wa mbere Olivier,yatangiye ku kigo cy’amashuri cy’Abadominikani cytwaga Université diophonique de Gitarama (URG), cyari cyarashinzwe n’uwani mushiki wa Perezida w’ubufaransa Francois Miteras muri icyo gihe.

Mumyigireye Olivier Muhirwa yagaragaje ubuhanga kuko nubwo yatangiye kwiga akiri muro cyane mu mwaka wa mbere ntibyamubujije kuza mu myanya icumi ya mbere. Ndetse no muyindi myaka yakurikiyeho byaje kuba uko. Atangiye umwaka wa kabiri nibwo jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda yabaga bikaba byaratumye nk’abandi banyarwanda bose bigaga muri icyo gihe ahagarika amashuri ye yongera gukomeza aho intambara irangiriye. Nubwo yari amaze kubura se umubyara ntibyamubujije ariko kwiga kandi agakurikirana amashuriye,agaze mu mwaka wa gatandatu Olivier ntiyagize amahirwe yo guhita atsinda ikizamini cya Leta biba ngombwa ko asibira muri uwo mwaka. Yaje gustinda ikizamini cya leta n’amanota 66.5% maze abona amahirwe yo gukomereza amashuri yisumbuye mu Rwunge rw’amashuri rwa Mutagatifu Yozefu I Kabgayi mu mwaka w’2001-2002, icyo kigo cyikaba ariicy’Abafurere b’Abayozefiti.

Ageze mu mashuri yisumbuye Olivier Muhirwa yari afite inshuti nyinshi cyane yemwe n’abigaga mu myaka yo hejuru abenshi bakaba baramukundiraga ko yari muto cyane ugereranije n’abandi bana biganaga, akaba yari no mu muryango wa Croix Rouge wabaga muri icyo kigo. Yakomeje kandi kwigana umuhate mu mashuriye akaba yarakundaga isomo ry’Ibibyabuzima (Biologie) cyane bite we n’umwarimu wamwigishaga witwaga Uwayirege Angelike Liliane (Chouette), nubwo yakundaga Biologie cyane ariko ntiyamubuzaga no gukurikirana ayandi masomo kandi akaba yaranayatsindaga kuko nabwo yakomeje kujya aza mumyanya icumi yambere ya mbere kurinda akoze ikizamini cya Leta cyamuhaye amahurwe yo kurangiza icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye ku manota 4.4, akaba yari yabaye n’uwa 16 mu banyeshuri 152,bigaga muri icyo cyiciro.

Ubwo bahitagamo aho abzakomereza icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye,Olivier Muhirwa kuberako yifusaga kwiga amashuri y’ubukanishi ndetse akaba yaranabikundaga cyane yahisemo guhitamo mu bigo byigishahga ubukanishi ahitamo icyigo cya ETO Kibungo ndetse n’ikigo cya ETO Gitarama,bamujyana mu kigo cya ETO Kibungo mu ishami ry’ubukanishu rusange n’imitunganyirize( Mécanique général d’entretien) mu mwaka wa 2003. Akigera muri Ecole Technique Officiel de Kibungo ( ETO Kibungo), byaramutonze cyane kubera ko ubuzima bwaho bwari butandukanye cyane n’ubw’i Kabgayi,imibereho,gukina,indero ndetse n’ibindi bitandukanye kuko hari hari ukwigenga gukabije, banamuciye intege kuburyo byanatumye asubira i Kabgayi kwakayo ishuri ariko ntibyamukundira kuko yashakaga kwigayo imibare bakamubwirako umwanya yahabona ari uwo mu ishami ry’indimi, yahisemo gusubira i Kibungo akomeza mu ishami ry’Ubukanishi rusange nubwo bwose yari tari ahishimiye cyane.

Kuba atarakundaga ikigo ntibyatumye asubira imyuma mu mitsindire ye, kuko yaje kuhamenyera ndetse, ndetse kubera uburere yari yarakuye i Kabgayi bagenzibe baje kumuhitamo ngo abayobore (Chef de classe) muri iryo shuri mu mwaka wa kane arikomu mwaka wa gatanu yaje kubireka kuko atabonaga umwanya wo kwiga ikoranabuhanga rya mudasobwa ryari rimaze kugera muri icyokigo,aboneraho no kwiga amategeko yiumuhanda ndetse n’ururimi rw’icyongereza.

Amashuriye muri ETO Kibungo yayize neza,gusa igihe kinini akaba yarakimaraga mubijyanye na mudasobwa mu gihe abandi babaga bagiye mu mikino itandukanye. Ibyo byaje no kumuviramo ingaruka koko mukizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye atabashije kugira amahirwe yo kubona amanota amuhesha amahirwe yo kwiga muri kaminuza ya Leta,nubwo n’ubundi kubiga amashuri ya tekiniki byari bigoye cyane kubona amanota atuma ushobora kwiga muri kaminuza ya Leta.

Nyuma y’iminsi icumi gusa amaze gukora ikizamini cya Leta ku kigo yigagaho cya ETO Kibungo bamutumyeho kugirango ajye gukora akazi ko gutangiza ishami rishya rishinzwe ibirebana na mudasobwa (Computer Department) muri icyo kigo, doreko yari yarafashe amahugurwa yari yarahawe n’Abarimu b’Abanyakenya bari baraje kwigisha muri icyo kigo.

Kuva mu Ntangiriro z’umwaka wa 2007,kugeza muri Gicurasi 2008, Olivier yakoraga muri icyo kigo akaba yarakoze muri Cyber cafe y’aho,ndetse yaje gukora ibindi bitandukanye mu bijyanye no gutezaimbere ikoranabuhanga muri icyo kigo. Icyiri kuri ETO, amaze kubona ko amashuri yisumbuye atamuhagije,yafashe icyemezo cyo kwiga kaminuza,ajya gutangira muri Kaminuza yari hafi aho ya INATEK, atangira mu ishami ry’ubukungu n’icungamari. Mubyukuri nubwo yagiye kwiga muri iri shami siryo yakundaga kandi ntibyari bijyanye n’ibyo yize yemwe n’ibyo yakoraga bijyanye na mudasobwa ntaho byari bihuriye.

Muri gicurasi 2008, haje kuza isoseti ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga yakoreraha i Kigali yitwaga COMPUSRVE,basinyama amasezerano yo kubakorera ibijyanye na mudasobwa yimukira ikigari.

Kujya i Kigali byari amahirwe kuri we yo kwiga noneho ibyo yashakaga yiyemeza gusezera muri kamimuza ya INATEK, atangira kwiga muri kaminuza y’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga ya Kigali (KIST)


CV

CURRICURUM VITAE


MUHIRWA OLIVIER


PERMANENT ADDRESS Gatsata Sector Kigali Town Phone: 250-08538075 Email: muhivier@yahoo.fr Web-site: www.muhivier.over-blog.fr

I. PERSONAL INFORMATION

Nationality: Rwandese

Date of Birth: 7/22/1986

Martial Status: Single

II. LANGUAGE

English: Good French: Good Kinyarwanda: Very Good

III. ACADEMIC QUALIFACATIONS

2003-2006: ETO KIBUNGO in General Mechanical 2001-2003: Groupe Scolaire Saint Joseph Kabgayi 1993-2000: Mbuye primary School

IV. TRAININGS

2006: Computer Networking Course at ETO KIBUNGO 2006: Computer Maintenance in ETO KIBUNGO 2005: Driving School (provisional License) 2004-2005: Computer Basics




V. PROFESSIONAL EXPERIENCE

May 2008: Maintenance of Computer, software installation and Computer networking in Computer and Electronics Services (COMPUSERVE): • Olphans of Rwanda • Uyisenga n’Imanzi • Imprimerie Printer set • Quincaillier SOFARU • Project SANFRANCISCO • ADTS • Quincaillier OMEGA • SWAA RWANDA • AQUA VILUNGA • Others Customs

January 2008 Present: Maintenance of computer and software installation         			 	 	 RWANKUBA Health Center 
 

January 2007 to Present: Maintenance of computer, software installation, Antivirus, Protection, basic Hardware Maintenance and Networking in some institution have internet connection, the working area are: • Kibungo Hospital • Economat • LWF Kibungo • ADM MIRENGE (KIBUNGO • Popularly Banquet of MUHAZI • ECOMECO KIBUNGO • MEMENTO LIBRARY KIBUNGO • KABARE secondary school LAN Networking • ESIK (Ecole Islamique de Karenge)


January 2006 to present: In charge of maintenance and computer trainer in ETO Kibungo

Responsibilities • Antivirus Installation • Machine’s connection (Network and internet connection) • Hardware & Installation Software. • Repair computer hardware of ETO KIBUNGO and other clients. • Maintains Network Devices (i.e.: Switch, cables, modem) • Manager of daily activities of cyber café



Achievements:

• 60 people from different places were gain computer, maintenance and networking skills. • Excellent network because of efforts. • We provide good services in different institution (eg: LWF, Kibungo Economat, Kibungo Hospital etc)

2006 September-January 2007: Trainer of driving school (Mbuye, Ruhango District) 2005 July –December: Trainer of Basic Computer Programs • Windows • MS Word • MS Excel • Power Point • Prepare tests for MS Excel, MS Word, and Power Point. Mbuye Primary School

V. REFEREES

NTIBARUKINGA Philbert University of Agriculture Technology and Education of KIBUNGO Mobile: 250-08467991 Email: philberto2007@yahoo.fr

BAZUBAFITE Chadrack

Lutheran World Federation Eastern Region Kigali Institute of education Mobile: 250- 08620622 Email: bazubafitescha@yahoo.fr

NUMUPFASONI Beate Intra-health TWUBAKANE Mobile: 250-08638699 Email: numubea@yahoo.fr